lirik lagu meddy – nka paradizo
nasanze urukundo
ruruta byose
kwihishira ni ukwibesha
no mu gusaza (yeah)
nzahora nkunkuda (yeah)
nkaho ari ubwa nyuma (yeah)
tambuka
oya, ntutinye kugwa
turi k-mwe
abifuza ko nabivamo
ntibari ko ari wowe
ngwino tubijyaze bucece
kuva nak-menya wanyibukije umudendenzo tujyana
umurikiye nk’izuba rirasa duhuza amaso, nkananirwa kwifata
umutima ugasabayangwa (duhora turi k-mwe ubuda tangukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tangukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tangukana)
bazakubwira ko bizashira
bifuze ko nkuta
niko iyi si imera
reka nkubere inyenyeri itazima
imvura izagwa, nkubere ubwugamo
tambuka
oya, ntutinye kugwa
turi k-mwe
abifuga ko nabivamo
ntimbazi ko ari wowe
kuva nak-menya wanyibukije
umudendenzo tujyana umurikiye nk’izuba rirasa
duhuza amaso,
nkananirwa kwifata umutima
ugasabayangwa (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
iyeeeeeh!!uhhhmmm
kuva nak-menya iyeeehh
umudendenzo iyeeeh
ntibazi ko ari wowe
kuva nak-menya wanyibukije
umudendenzo tujyana umurikiye nk’izuba rirasa
duhuza amaso,
nkananirwa kwifata umutima
ugasabayangwa (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
kuva nak-menya wanyibukije umudendenzo tujyana umurikiye nk’izuba
rirasa duhuza amaso,
nkananirwa kwifata umutima
ugasabayangwa (duhora turi k-mwe ubuda tangukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
bisa nka paradizo (duhora turi k-mwe ubuda tandukana)
Lirik lagu lainnya:
- lirik lagu the courtneys – silver velvet
- lirik lagu glitterer – subjunctive
- lirik lagu bts – dream glow
- lirik lagu daddy issues – veronica
- lirik lagu leila chicot – ça aurait dû être moi
- lirik lagu luke combs – even though i’m leaving
- lirik lagu yungeen ace – gorillaz
- lirik lagu glitterer – gotta
- lirik lagu yj family – 체념 (chenyeom)
- lirik lagu cehryl – home video