lirik.web.id
a b c d e f g h i j k l m n o p q r s t u v w x y z 0 1 2 3 4 5 6 7 8 9 #

lirik lagu e.t. ndahigwa - mbwira

Loading...

[e.t. ndahigwa]:

mbwira, n’umunyu kugisebe?

kuno dushwana

nibi turimo aha kubakana

nuku bigenda?

iminsi nagukunze iruta iyi yindi

kuki ntareba?

tumanuke ahabi gusa tube hamwe

bizatuma aheza hatunyura kimwe

sinak~mva ibyo bavuga

njye ndabizi uratandukanye

aho ushatse hose wahagera

ako kana ntikagufera
icyo nshaka ubu n’amahera

ara ballinga ni nka butera

aho n’isanga ni là où t’es

you put that sh~t on usa nka bicye

all of my shows she be with the gang

all of my feelings are still the same

i don’t care bout pda

you looking dangerous

give me the eta

i’ll make you famous

yeah, i don’t care about no pda

you looking dangerous

give it to e.t., i’ll make you famous
that body dangerous

say that she love me i’m still the same

but baby look deeper

my past it still haunts me, i’m still a n~gga

just let me know if i can come and see you

ibyo nakoze to get here sinabikira

nubwo wagenda uzangarukira

yeah, huh, nubwo wagenda uza~ uh

say that she love me, i’m still the same, but baby look deeper

my past it still haunts me, i’m still a n~gga

just let me know if i can come see ya

ibyo nakoze to get here sinabikira

nubwo wagenda uzangarukira
woah, woah, nubwo wagenda uzangarukira

say that she love me, i’m still the same, but baby look deeper

my past it still haunts me, i’m still a n~gga

just let me know if i can come see ya

ibyo nakoze to get here sinabikira

nubwo wagenda uzangarukira

yeah, yeah

[sema sole]:

mbwira, n’umunyu kugisebe?

kuno dushwana

nibi turimo aha kubakana

nuku bigenda?

iminsi nagukunze iruta iyi yindi

kuki ntareba?

tumanuke ahabi gusa tube hamwe

bizatuma aheza hatunyura kimwe

mbwira, n’umunyu kugisebe?

kuno dushwana

nibi turimo aha kubakana

nuku bigenda?

iminsi nagukunze iruta iyi yindi

kuki ntareba?

tumanuke ahabi gusa tube hamwe

bizatuma aheza hatunyura kimwe

itonde tudahubuka

si cyera nahize kubanza

umutwe aho umutima wakunze

kuko amaranga mutima nayo ajyashukana

ntago nabyanganga, ahubwo buriya

niko kubikunda biramba

seka ariko ubona imbere imyaka icumi

naho ibyubu byo birashira

ahandi icy’imana igushakaho ukomeze usenge bucye mumenyane

mama ahora anyibutsa ibyo nshyira imbere

gusa njye navuze ko mpisemo wowe

(buretse ahandi)

mama ahora anyibutsa ibyo nshyira imbere

gusa njye navuze ko mpisemo wowe

[sema sole & e.t. ndahigwa]:

mbwira, n’umunyu kugisebe? (sinak~mva ibyo bavuga)

kuno dushwana

nibi turimo aha kubakana

nuku bigenda?

iminsi nagukunze iruta iyi yindi

kuki ntareba? (aho n’isanga ni là où t’es)

tumanuke ahabi gusa tube hamwe

bizatuma aheza hatunyura kimwe


Lirik lagu lainnya:

LIRIK YANG LAGI HITS MINGGU INI

Loading...